Ibihe tugezemo gukina k’umugabane w’iburayi ntibigomba kuba warahitoreje kuva mu bwana. N’ubwo ibikoresho n’ibibuga babiturusha ariko ahari impano n’ubushake byose birashoboka
Sindi mu Bubiligi si inzozi!
About the Author: admin

Related Posts

Nshimimana Fabrice captain wa Tsindabatsinde football academy yerekeje mu Bubirigi gukora test mu Ikipe ya DENDER EH yazamutse mu ikiciro cyambere uyu mwaka
Gallery
Leave A Comment