Abana batatu ba Tsindabatsinde mu bakinnyi b’ ikipe y’ igihugu y’ u Rwanda U-15 berekeje muri Uganda ku mugoroba aho CECAFA izabera
Ishimwe Elie, Niyongabo Patrick na Nshimiyimana Obed ba Tsindabatsinde bari mu ikipe y’igihugu y’uRwanda y’abatarengeje imyaka 15, yahagurutse ku mugoroba yereza muri Uganda ahagiye kubera CECAFA y’ abatarengeje imyaka 15 biteganyizwe ko izatangira ku ya 04-18 Ugushyingo
Leave A Comment